top of page
Search

UKO WARONGORA UMUKOBWA /UMUGORE AKARANGIZA NEZA KURWEGO RWOHEJURU.

  • mbazanews00
  • Dec 9, 2021
  • 2 min read

Soma wumve kandi usobanukirwe.




Ese kurangiza k'umugore Ni iki?

Biba ryari se?

Ni gute wamenya ko umukobwa/ umugore uri kurongorwa arangije?


Ubundi kurangiza kw'umugore, n'igihe agera ku byishimo bye bya nyuma iyo ari gukora imibonano mpuzabitsina.


Benshi ku gitsinagabo batamenyereye kurongora, baba bibwira ko umugore nawe ku byishimo bya nyuma asohora, agasohora ibintu by' umweru nkuko ku gitsina gabo bigenda, abandi nabo bakavuga ko iyo urongoye umugore, umucumita cyane amazi akaza ko ubwo aba arangije.

Mubyukuri ibi byose maze kuvuga ntabwo aribyo.


Dore uko bigenda:


Iyo umugore ushaka kumurongora akarangiza, bisaba kubanza kumutegura.

Gutegura umugore ni ukumushyukwisha ku rwego rurenze mbere yo ku mwinjizamo igitsina, ku buryo umubiri we wiyumva birenze mu gikorwa kigiye kuba, Ibi bisaba umwanya utari muto.


Aha umugore umutera caresse nyinshi zishoboka, ugakorakora amabere, ukayonka kubo bitajena, ukamusomagura mw'ijosi, tire-langue, gukorakora mu musatsi, mu mugongo, ku gitsina, n'ahandi wumva hashoboka uvangavanga nyine, Ku gitsina rero uba ugomba kuhitaho cyane kuruta ahandi kuko ariho ruzingiye, kugera aho wumva igitsina cy'umugore cyatose cyuzuye amazi ikariso ikaba yanatoha), iyo ubikoze igihe kirekire, bituma umugore agira ubushake cyane birenze urugero.


Kimwe mu byakubwira ko umugore yagize ubushake cyane, ashobora kugusaba ko ubimukorera cyangwa ukabona yikuriyemo imyenda utabimusabye.


Iyo ugiye gutangira igikorwa nyirizina rero, wirinda ipfa ryinshi mu rwego rwo kugirango utarangiza vuba, utangira ukuba igitsina cyawe ku munwa w'icy'umugore cyamaze kugira ubushake, apana guhita ucumacumita gusa, Noneho ukamumanuriramo uzamura, ukuba ku minwa yacyo, wongera ucumita ,gutyo gutyo, nibyo uzumva bita kuvangira.


Ibi ubikora kenshi uvangavanga na za karesse twavuze, tire-langue, ...ariko bikaba byiza kurushaho iyo uganina n' uwo uri kurongora ukamubaza Aho yumva bitari kugenda neza, ukahakosora. Iyo uri kumuvangira asohora, amazi (amavangingo ku bayafite) inshuro nyinshi , nawe ukaryoherwa. Ariko ntabwo aba arangije.



Kugirango umugore arangize rero, wongera umuvuduko uri gukoresha ugereranije n'uwo watangiye umuvangavangira.

Abagabo bagira ikibazo cyo kurangiza vuba cyangwa bacika intege vuba ntabwo mujya mugeza abagore ku byishimo bya nyuma. Kuko ukozamo, wacumita rimwe, kabiri, ikaba iraguye. Kandi urumva nibwo uba usabwa kongera umuvuduko uri gukoresha.


Noneho uko uri kugenda wongera umuvuduko, umugore araryoherwa cyane ukabona rimwe atangiye kutabasha kwi control mubyo arimo. Niho rimwe bitewe n'uwariwe uzumva avugije induru, akagufata akagukomeza cyaneeeee, umuri hejuru. Mbese wumve Ari kukwinjiramo nyine, cyangwa wumve ararize mu kajwi keza, Kandi uko ucumita ariko cyane yitsa umutima. Aha iyo bimubayeho mugabo uraryoherwa cyane, ariko uhita umenya ko agiye kurangiza. Kugirango bigende neza cyane Uhita ukuba nka kabiri umuvuduko wakoresheje noneho agasa n'usaze.


Mu kanya gato ujya kumva ukumva umubiri we urikweze, aragufashe aragukomeje, cyaneeeee! Kubabishobora (Kuko hari n'abandi batabasha no kugufata kubera hooro) noneho ukumva ariruhukije sana.


Mugabo iyo ari ubwa ubibonye ushobora kugira ubwoba ugahita umwiyama, ariko sibyo.


Rero ku bibaza ku kurangiza k'umugore, mubyukuri nta kintu gisohoka iyo umugore arangije usibye kumva yiruhukije, ukumva n'umubiri we ucitse intege gusa.


Mbonereho kandi kubwira abagabo barangiza vuba ko bagomba gufata umuti kimeza wagenewe kurandura burundu ibibazo byokurangiza vuba. Bityo wa hamagara/ cg ukohereza ubutumwa bugufi / cg ukanyura kuri WhatsApp 0780020333 ukishyura ibihumbi 10 gusa ubundi Ugasuzumwa, ukavurwa ugasubirana ijambo nkumugabo, ugatera ikivugo impundu zikavuga.

Dore ko abeshi usanga barabitewe no kwikinisha, imyanda mu mubiri, umunaniro, amibe ndetse n'ubundi burwayi butandukanye.


Abagore rero bashaka kugira amavangingo nokurushaho kugira ibyishimo ndetse nokurangiza neza mugihe kimibonano , nabo bakwifashisha nimero ya tel twatanze hejuru. Ubundi umunezero ugataha iwawe amanywa na nijoro.


Iyinkuru yoherereze abantu Bose uraba utanze umusanzu mukubaka ingo zabenshi.




By DOCTOR ISSA.

 
 
 

Recent Posts

See All

Comments


Post: Blog2_Post

0780020333

©2021 by MBAZA. Proudly created with Wix.com

bottom of page